mercredi 30 octobre 2019

Ubutegetsi bw’u Bwongereza bwakomeje kwerekana icyifuzo cyo kuva mu muryango w’ubumwe bw’u Burayi, ariko bukomwa mu nkokora n’ibyifuzo by’abaturage n’abadepite badashaka ko buvamo.
Kwivana muri uyu muryango ni ikibazo gikomeye cyanatumye hacurwa umugambi wo kuzahungisha umwamikazi w’ubwami bw’u Bwongereza, Elizabeth II.
Nk’uko interuro iri mu ndirimbo yubahiriza ubwamo bw’u Bwongereza ivuga ngo Imana iturindire umwamikazi «God Save the Queen»! Niko Abongereza bari guteguta gutabara uyu muryango mu gihe abatumva kimwe n’ubutegetsi ibyo gutandukana na bagenzi babo b’abanyaburayi.
Byitezwe ko muri iki gihugu hashobora kuba imvururu zitewe n’uko Abongereza banze iyi Brexit. Umwamikazi azimurwa ajyanywe kure y’umurwa mukuru Londres hirindwa ko abari mu myigaragambyo n’imvururu mu mihanda ya Londres(hafi y’aho umwamikazi atuye hitwa Buckingham Palace) bateza umutekano muke wamugiraho ingaruka.
Aya makuru y’imvaho yatangajwe n’itangazamakuru ryo muri iki gihugu.
Ibyo gutabara byihuse umwamikazi byari mu migambi ndetse no mu ntambara y’ubutita nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru 20 minutes.
Ibi  biratangazwa n’ibindi binyamakuru birimo  Sunday Times na Mail on Sunday ko Elizabeth II n’umugabo we, igikomangoma Prince Philip.
Umunsi utegerejwe n’uwa 29 Werurwe 2019 aho bizemezwa bidasubirwaho niba u Bwongereza buzivana cyangwa buzaguma muri uyu muryango.
Hari abasanga bigoranye ko buwivanamo kuko hari amasoko bwahomba n’ibindi bitandukanye mu gihr inteko yabyanze.
Aho uyu muryango wahungishirizwa haracyari ibanga.
U Bwongereza bwashatse kwivana muri uwo muryango kubera ko burambiwe imisoro butanga muri uyu muryango no gukumira urujya n’uruza rw’abagana iki gihugu.

mercredi 9 avril 2014

 good video

THIS THE PROGRAM OF THE CHURCH DISCIPLES' LIFE CHURCH

THE CHURCH is doing many activities since its birth on 29/12/2012 when the Apostle BARURIBWAMI gervais from Burundi played for the senior pastor of the Disciples' Life Church Pastor DUSABIMANA Vedaste 
onction of pastor Vedaste by apostle Gervais 


 
ntibyarangiriye aho ahubwo ibikorwa birakomeza by' umurimo w' Imana kandi imana iratwongerera abakizwa uko bukeye n' uko bwije. 
people are being saved and baptized.
the first baptism on the church
the humanitarian aid are being done by the church this is the poor and ill person being helped by the church. 
the child who has nothing to wear in front of the family house

this is the father of the above children Pastor vedaste and the members of the church are trying to remove the parasites in their fingers and foot. 
 in fact God is at work, even thought there are many problem and tribulation persecution and hardship on the way, there is hope that the work of God almighty will prevail over the gate of hell. 
the church has no permanent building  for its own activities but there is hope that jesus will send his help, crusades are hild in huye city and around the district sector to save souls, three branches of the church the fist at GISAGARA district, second at Simbi, kiruhura and Mbazi sector, at huye. the church has the temporal registration certificate to operate in Rwanda.
the crusade at Simbi sector 
Nubwo inzu zisengerwamo dukodesha aho hose ari inzu zidafatika turateganya kibaka izindi ndetse mubibanza byacu. 
the hired building of the church
the church is growing in its level according to its members the shown photo above are the crusade at simbi and the church of simbi, the church is growing to its level according to the economic situation of its members but god will provide for us.  so we need your help all over the world you are.  we need help for tangible things and council (ideas) help, all your help will be appreciated. 

lundi 30 septembre 2013

GUSENYERA SATANI BURUNDU

Burya nagirango nkubwire  ko satani ugomba kumusenyera n' ibye byose, kera abanyarwanda bari bafite imana basenga. izo mana basengaga, zagiraga aho bazisengera, ibikoresho bakoresha mugkuzisenga. ibyo bikoresho ni bibi cyane kubigumya munzu yawe kuko biba bishobora kugarura yamana basengaga ije kukwibitsa ko ugomba kuyikorere iyo rero winjiye mu YESU ugomba KU maramaza bamwe banga kubijugunya kuko bazi ko wapfa kandi nibyo kuko bigomba gukorwa n' umukozo w' imana wambaye imbaraga z' Imana. 

Dore urugero nk' uyu yara duhamagaye vuba ahaa tujya kubitwika dore ibikoresho yaduhaye bakoreshaga

 
amaze kubiduha twrabimennye ibimenwa, ibishya turabitwika ubu ameze neza arashima yesu nawe niba ubishako twoherereze ubutumwaa bwawe kuri e-mali cyangwa ushyire comment kuri iyi nkuru.  

we need help

we are raising fund for poor in our church every one interested can give his contribution in church

we need help